

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI (DAY19)
Yohana13:34Ndabaha itegeko rishya ngo mukundane nk’uko nanjye nabakunze, abe ari ko mukundana. 18. URUKUNDO NIRWO YESU YATURAZEYesu yadusabye gukundana tugendeye ku rukundo yadukunze kuko nicyo kitegererezo cyo gukunda,uru rukundo rutera Read More …

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI(Day18)
1 Abakorinto 13:8Urukundo ntabwo ruzashira. Guhanura kuzarangizwa no kuvuga izindi ndimi kuzagira iherezo, ubwenge na bwo buzakurwaho. 17 URUKUNDO NTIRUZASHIRA Urukundo Imana idusaba gukunda bene data, turuvoma kuri rumwe yakunze Read More …

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI(Day17)
1 Abakorinto 13:7Rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose. 16. RWIHANGANIRA BYOSE Urukundo Kandi rwerera mu muntu urufite, imbuto yo kwihangana kuko muri rwo twabonye ko habamo n’imbaraga zo Read More …

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI(Day16)
1 Abakorinto 13:7Rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose. 15. RWIRINGIRA BYOSEBibiriya ivuga ko urukundo iyo rutunganye rumara ubwoba urufite. Ibi bituruka kuri iyi ngingo yo kwizera byose kuko Read More …
URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI(Day15)
1 Abakorinto 13:7Rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose. 14. RWIZERA BYOSE Urukundo ntirwizera ibinyoma ariko na none ntirushyira hejuru ibibi gusa ahubwo rwita ku byiza n’ubwo byaba bike Read More …

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI(Day14)
1 Abakorinto 13:7Rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose. 13. RUBABARIRA BYOSE Kubabarira ni kimwe mubyo Imana isaba abantu Bose bababariwe nayo nk’ikiguzi cyo gukomeza kwishimira imbabazi zayo. Umuntu Read More …

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI(Day13)
1 Abakorinto 13:6Ntirwishimira gukiranirwa kw’abandi ahubwo rwishimira ukuri, AHUBWO RWISHIMIRA UKURI Urukundo nyakuri aho kunezezwa n’intege nke z’abandi ahubwo rwishimira ukuri kuko urukundo rw’Imana ruboneye rwose nk’uko ukuri kwayo kuboneye. Read More …

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI(Day12)
1 Abakorinto 13:6Ntirwishimira gukiranirwa kw’abandi ahubwo rwishimira ukuri, NTIRWISHIMIRA GUKIRANURWA KW’ABANDIUmutima udafite urukundo wishimira intege nke no gukiranirwa by’abandi kuko bihesha nyirawo gukomeza kugaragara neza kubarusha. Aha ni naho hashobora Read More …

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI (Day11)
1 Abakorinto 13:5Ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza ikibi ku bantu, 11. NTIRUTEKEREZA IKIBI KU BANTU Abantu bagira ibibi byinshi bityo kugira ngo tubashe kibatekereza neza bisaba ko tuba Read More …

URUKUNDO RUHEBUJE BYOSE KUBA INGENZI (Day10)
1 Abakorinto 13:5Ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza ikibi ku bantu, 9. NTIRUHUTIRAHO Mu rukundo habamo ubwitonzi mu gufata ibyemezo kuko Sawuli yabwiwe ko uku kwitonda kurusha ibinure by’ Read More …