HUMURA WAREMEWE GUMA HAFI Y’UWAKWEMEYE
Abaroma 15:7 Nuko mwemerane nk’uko Kristo na we yabemeye, kugira ngo Imana ihimbazwe. Imwe mu ntambara iba mu mitima y’abantu bataramenya Kristo ni uguharanira kwemerwa kuko bakora byose ngo iyo Read More …
A healthy mind in healthy body for eternal life.
Abaroma 15:7 Nuko mwemerane nk’uko Kristo na we yabemeye, kugira ngo Imana ihimbazwe. Imwe mu ntambara iba mu mitima y’abantu bataramenya Kristo ni uguharanira kwemerwa kuko bakora byose ngo iyo Read More …
1Yohana4:8 Udakunda ntazi Imana kuko Imana ari urukundo. *2️⃣0️⃣ UMWANZURO: Niba Udakunda ntuzi Imana* ➖➖➖➖➖➖➖➖ Tumaze iminsi tuvuga ku rukundo Imana idusaba gukunda bene data ndetse n’abantu muri rusange kuko Read More …
1Samweli20:17 Yonatani yongera kurahiza Dawidi ku bw’urukundo yamukundaga, nk’uko yikunda ubwe. 1️⃣9️⃣URUKUNDO RUDUSHOBOZA GUHARA _____________________ Yonatani abona Dawidi yari umwana w’umwami Sawuli ku buryo tutatinya kuvuga ko yari n’umuragwa w’ubwami Read More …
1 Abakorinto 13:8Urukundo ntabwo ruzashira. Guhanura kuzarangizwa no kuvuga izindi ndimi kuzagira iherezo, ubwenge na bwo buzakurwaho. 17 URUKUNDO NTIRUZASHIRA Urukundo Imana idusaba gukunda bene data, turuvoma kuri rumwe yakunze Read More …
1 Abakorinto 13:7Rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose. 16. RWIHANGANIRA BYOSE Urukundo Kandi rwerera mu muntu urufite, imbuto yo kwihangana kuko muri rwo twabonye ko habamo n’imbaraga zo Read More …
1 Abakorinto 13:6Ntirwishimira gukiranirwa kw’abandi ahubwo rwishimira ukuri, AHUBWO RWISHIMIRA UKURI Urukundo nyakuri aho kunezezwa n’intege nke z’abandi ahubwo rwishimira ukuri kuko urukundo rw’Imana ruboneye rwose nk’uko ukuri kwayo kuboneye. Read More …
1 Abakorinto 13:6Ntirwishimira gukiranirwa kw’abandi ahubwo rwishimira ukuri, NTIRWISHIMIRA GUKIRANURWA KW’ABANDIUmutima udafite urukundo wishimira intege nke no gukiranirwa by’abandi kuko bihesha nyirawo gukomeza kugaragara neza kubarusha. Aha ni naho hashobora Read More …
1 Abakorinto 13:5Ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza ikibi ku bantu, 11. NTIRUTEKEREZA IKIBI KU BANTU Abantu bagira ibibi byinshi bityo kugira ngo tubashe kibatekereza neza bisaba ko tuba Read More …
1 Abakorinto 13:5Ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza ikibi ku bantu, 9. NTIRUHUTIRAHO Mu rukundo habamo ubwitonzi mu gufata ibyemezo kuko Sawuli yabwiwe ko uku kwitonda kurusha ibinure by’ Read More …
1 Abakorinto 13:4Urukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza. 4. NTIRUGIRA ISHYARIIshyari ni ubuzima bubabazwa n’ibyiza by’abandi ku buryo urifite ahorana urwango ku bamusize ndetse ribasha no Read More …